Abahamya ba Yehova hirya no hino ku isi

Repuburika Iharanira Demokarasi ya Kongo

  • Hafi y’i Kisangani muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo: Abahamya babwiriza umurobyi hafi y’isumo rya Wagenia (Stanley)

Amakuru y'ibanze: Repuburika Iharanira Demokarasi ya Kongo

  • Abaturage: 98,152,000
  • Ababwirizabutumwa: 257,672
  • Amatorero: 4,385
  • Ikigereranyo cy'Umuhamya wa Yehova ku baturage: 1 kuri 402

UKO IMPANO UTANGA ZIKORESHWA

Ibikorwa by’ubutabazi 2021—Abavandimwe na bashiki bacu ntibatereranywe

Mu mwaka wa 2021, mu bihugu bimwe na bimwe bari bakeneye ubufasha kugira ngo bahangane n’icyorezo cya COVID-19 hamwe n’ibiza bahuye nabyo.

AMAKURU

Abahamya bo mu majyaruguru ya Kongo bahunze imirwano

Abahamya bahunze bakomeje guteranira hamwe kandi bakabwiriza abandi ubutumwa bwiza, nubwo bahuye n’ibyo bibazo byose.

AMAKURU

Abahamya ba Yehova bafasha abagezweho n’urugomo muri Kongo

Abahamya ba Yehova barimo barafasha bagenzi babo bagezweho n’urugomo rwibasiye intara ya Kasayi, muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo.

UMURIMO WO KWANDIKA IBITABO

Gukwirakwiza ibitabo by’imfashanyigisho za Bibiliya muri Kongo

Buri kwezi Abahamya ba Yehova bakora ingendo ndende bashyiriye ibitabo abantu bo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo.