Tega Imana amatwi uzabeho iteka
Umuremyi yifuza kutuyobora, kuturinda no kuduha imigisha.
Ijambo ry’ibanze
Kubera ko Imana ikunda abantu, itwigisha uko dukwiriye kubaho.
Ni mu buhe buryo dutega Imana amatwi?
Tugomba kumenya icyo twakora n’uwadufasha.
Imana y’ukuri ni nde?
Dushobora kumenya izina ryayo n’imico yayo.
Ubuzima bwari bumeze bute muri Paradizo?
Igitabo cya mbere cya Bibiliya kirabigaragaza.
Bateze Satani amatwi—Ibyo byagize izihe ngaruka?
Ibintu bibi bitangira kuba.
Ni ba nde bateze Imana amatwi mu gihe cy’Umwuzure?—Ni ba nde batayiteze amatwi?
Imitima y’abantu yari imeze ite?
Umwuzure utwigisha iki?
Ese si inkuru gusa y’ibyabaye kera?
Yesu yari muntu ki?
Kuki ari iby’ingenzi ko tumumenya?
Urupfu rwa Yesu rukumariye iki?
Rutuma dushobora kuzabona imigisha ihebuje.
Paradizo izabaho ryari?
Bibiliya yahanuye ibintu byari kubaho icyo gihe cyegereje.
Ni iyihe migisha ihishiwe abatega Imana amatwi?
Ibintu utakwifuza kubura.
Ese Yehova aratwumva?
Wayibwira iki?
Wakora iki kugira ngo ugire ibyishimo mu muryango?
Uwatangije umuryango atanga inama nziza kurusha izindi.
Twakora iki kugira ngo dushimishe Imana?
Hari ibintu yanga n’ibyo ikunda.
Wagaragaza ute ko ubera Yehova indahemuka?
Niba twifuza kuba indahemuka bizagaragazwa n’imyanzuro dufata.