Tega Imana amatwi uzabeho iteka

Umuremyi yifuza kutuyobora, kuturinda no kuduha imigisha.

Ijambo ry’ibanze

Kubera ko Imana ikunda abantu, itwigisha uko dukwiriye kubaho.

Ni mu buhe buryo dutega Imana amatwi?

Tugomba kumenya icyo twakora n’uwadufasha.

Imana y’ukuri ni nde?

Dushobora kumenya izina ryayo n’imico yayo.

Ubuzima bwari bumeze bute muri Paradizo?

Igitabo cya mbere cya Bibiliya kirabigaragaza.

Umwuzure utwigisha iki?

Ese si inkuru gusa y’ibyabaye kera?

Yesu yari muntu ki?

Kuki ari iby’ingenzi ko tumumenya?

Urupfu rwa Yesu rukumariye iki?

Rutuma dushobora kuzabona imigisha ihebuje.

Paradizo izabaho ryari?

Bibiliya yahanuye ibintu byari kubaho icyo gihe cyegereje.

Wakora iki kugira ngo ugire ibyishimo mu muryango?

Uwatangije umuryango atanga inama nziza kurusha izindi.

Twakora iki kugira ngo dushimishe Imana?

Hari ibintu yanga n’ibyo ikunda.

Wagaragaza ute ko ubera Yehova indahemuka?

Niba twifuza kuba indahemuka bizagaragazwa n’imyanzuro dufata.