UMUNARA W’UMURINZI Ugushyingo 2009

INGINGO Y'IBANZE

Inyigisho imwe y’ikinyoma yatumaga havuka indi

gereranya izo nyingisho zʼibinyoma nʼicyo bibiliya yigisha.

INGINGO Y'IBANZE

Inyigisho y’ikinyoma ya 1: Ubugingo ntibupfa

Menya icyo Bibiliya ivuga ku birebana nʼubugingo bwʼumuntu.

INGINGO Y'IBANZE

Inyigisho y’ikinyoma ya 2: ababi bababarizwa mu muriro w’iteka

Ese Imana irangwa nʼurukundo yahanisha abantu kubababaza iteka?

INGINGO Y'IBANZE

Inyigisho y’ikinyoma ya 3: abeza bose bajya mu ijuru

Ese abeza bazajya mu ijuru cyangwa bazaba ku isi?

INGINGO Y'IBANZE

Inyigisho y’ikinyoma ya 4: Imana ni Ubutatu

Amagambo avuga ko hari abaperisona batatu mu Mana imwe nta ho ushobora kuyasanga muri Bibiliya. Kubera iki?

INGINGO Y'IBANZE

Inyigisho y’ikinyoma ya 5: Mariya ni nyina w’Imana

Menya uko gusenga Mariya byatangiye nʼicyo mu byʼukuri Bibiliya ivuga kuri Mariya.

INGINGO Y'IBANZE

Inyigisho y’ikinyoma ya 6: Imana yemera ko dukoresha amashusho mu gusenga

Menya impamvu intumwa Yohana yahaye Abakristo umuburo wo kwirinda gukoresha amashusho mu gihe basenga.

IBANGA RYO KUGIRA IBYISHIMO MU MURYANGO

Mu gihe uwo mwashakanye akeneye kwitabwaho mu buryo bwihariye

Reba inama eshatu zafasha abashakanye mu gihe umwe muri bo arwaye.

Bibiliya ifite amateka ashishikaje y’ukuntu yarokotse

Reba ukuntu Bibiliya yarwanyijwe, nʼukuntu kuba yararokotse tukaba natwe tuyifite bigaragaza ko ari igitabo kidasanzwe.