UMUNARA W’UMURINZI Ugushyingo 2015 | Imana ibona ite intambara?

Igisubizo Bibiliya itanga gishobora kugutangaza.

INGINGO Y'IBANZE

Imana ibona ite intambara?

Imana yigeze kwemerera abari bagize ubwoko bwayo kera gushoza intambara. Nyuma yaho Yesu yigishije abantu gukunda abanzi babo. Ni iki cyahindutse?

INGINGO Y'IBANZE

Uko Imana yabonaga intambara mbere ya Yesu

Ibintu bitatu byarangaga intambara zemerwa n’Imana.

INGINGO Y'IBANZE

Uko Imana yabonaga intambara mu kinyejana cya mbere

Nubwo Imana itahinduye uko yabonaga intambara, hari ibyabaye byemeza ko hari icyari cyarahindutse.

INGINGO Y'IBANZE

Uko Imana ibona intambara muri iki gihe

Vuba aha Imana izazana intambara izarangiza zose.

Ese wari ubizi?

Kuki Yozefu yiyogoshesheje mbere yo kwitaba Farawo? Ese kuba Bibiliya ivuga ko se wa Timoteyo yari Umugiriki, bisobanura ko yavukiye mu Bugiriki?

BIBILIYA IHINDURA IMIBEREHO Y’ABANTU

Numvaga ko mbayeho neza

Pawel yagiraga urugomo, agakoresha ibiyobyabwenge kandi afite intego yo kuba umuntu ukomeye. Igihe yarwanaga n’abantu 8, hari ikintu cyabaye gihindura byose.

TWIGANE UKWIZERA KWABO

“Umwana wanjye mu Mwami, uwo nkunda kandi w’indahemuka”

Ni iki cyatumye Timoteyo wari umusore ugira isoni, ahinduka umugenzuzi w’Umukristo wihariye?

Ibibazo bishingiye kuri Bibiliya

Niba abapfuye bazazuka, bazatura he?

Ibindi wasomera kuri interineti

Intambara ya Harimagedoni ni iki?

Ijambo “Harimagedoni” riboneka incuro imwe gusa muri Bibiliya, ariko intambara ryerekezaho ivugwa no mu bindi bitabo bya Bibiliya.