Soma ibirimo

Reba urutonde rw'ibirimo

Igitabo cya mbere cya Samweli

Ibice

Ibirimo

  • 1

    • Elukana n’abagore be (1-8)

    • Hana wari ingumba, asenga asaba umwana (9-18)

    • Samweli avuka nyuma agahabwa Yehova (19-28)

  • 2

    • Isengesho rya Hana (1-11)

    • Ibyaha by’abahungu babiri ba Eli (12-26)

    • Yehova avuga ibizaba ku muryango wa Eli (27-36)

  • 3

    • Samweli atoranywa ngo abe umuhanuzi (1-21)

  • 4

    • Abafilisitiya bafata Isanduku (1-11)

    • Eli n’abahungu be bapfa (12-22)

  • 5

    • Isanduku yarajyanywe n’Abafilisitiya (1-12)

      • Dagoni ikorwa n’isoni (1-5)

      • Imana iteza Abafilisitiya icyorezo (6-12)

  • 6

    • Abafilisitiya basubiza Isanduku muri Isirayeli (1-21)

  • 7

    • Isanduku igera i Kiriyati-yeyarimu (1)

    • Samweli asaba Abisirayeli gukorera Yehova wenyine (2-6)

    • Abisirayeli batsindira i Misipa (7-14)

    • Samweli acira imanza Abisirayeli (15-17)

  • 8

    • Abisirayeli bisabira umwami (1-9)

    • Samweli aburira abantu (10-18)

    • Yehova yemerera Abisirayeli kugira umwami (19-22)

  • 9

    • Samweli ahura na Sawuli (1-27)

  • 10

    • Sawuli asukwaho amavuta ngo abe umwami (1-16)

    • Samweli yereka Abisirayeli Sawuli (17-27)

  • 11

    • Sawuli atsinda Abamoni (1-11)

    • Abantu bongera gutangaza ko Sawuli ari umwami (12-15)

  • 12

    • Amagambo ya nyuma ya Samweli (1-25)

      • ‘Ntimugakurikire ibigirwamana bitagira akamaro’ (21)

      • Yehova ntazatererana ubwoko bwe (22)

  • 13

    • Sawuli atoranya ingabo (1-4)

    • Sawuli agaragaza ubwibone (5-9)

    • Samweli acyaha Sawuli (10-14)

    • Igihe muri Isirayeli nta ntwaro bagiraga (15-23)

  • 14

    • Yonatani atsindira i Mikimashi (1-14)

    • Imana irimbura abanzi ba Isirayeli (15-23)

    • Indahiro Sawuli yarahiye ahubutse (24-46)

      • Abantu baryana inyama n’amaraso (32-34)

    • Intambara Sawuli yarwanye; umuryango we (47-52)

  • 15

    • Sawuli asuzugura Yehova akarokora Agagi (1-9)

    • Samweli acyaha Sawuli (10-23)

      • “Kumvira biruta ibitambo” (22)

    • Imana yanga ko Sawuli akomeza kuba umwami (24-29)

    • Samweli yica Agagi (30-35)

  • 16

    • Samweli asuka amavuta kuri Dawidi kugira ngo abe umwami asimbure Sawuli (1-13)

      • ‘Yehova areba mu mutima’ (7)

    • Imana ikura umwuka wayo kuri Sawuli (14-17)

    • Dawidi aba umucuranzi wa Sawuli (18-23)

  • 17

    • Dawidi atsinda Goliyati (1-58)

      • Goliyati atuka Abisirayeli (8-10)

      • Dawidi yiyemeza kurwana na Goliyati (32-37)

      • Dawidi arwana mu izina rya Yehova (45-47)

  • 18

    • Ubucuti bwa Dawidi na Yonatani (1-4)

    • Intambara Dawidi yatsinze zatumye Sawuli amugirira ishyari (5-9)

    • Sawuli agerageza kwica Dawidi (10-19)

    • Dawidi ashyigiranwa n’umukobwa wa Sawuli witwa Mikali (20-30)

  • 19

    • Sawuli akomeza kwanga Dawidi (1-13)

    • Dawidi acika Sawuli (14-24)

  • 20

    • Ubudahemuka Yonatani yagaragarije Dawidi (1-42)

  • 21

    • Dawidi arya imigati igenewe Imana i Nobu (1-9)

    • Dawidi yigira umusazi i Gati (10-15)

  • 22

    • Dawidi ari muri Adulamu n’i Misipe (1-5)

    • Sawuli yicisha abatambyi b’i Nobu (6-19)

    • Abiyatali atoroka (20-23)

  • 23

    • Dawidi akiza abo mu mujyi w’i Keyila (1-12)

    • Sawuli ajya guhiga Dawidi (13-15)

    • Yonatani atera inkunga Dawidi(16-18)

    • Dawidi acika Sawuli bigoranye (19-29)

  • 24

    • Dawidi yanga kwica Sawuli (1-22)

      • Dawidi yubaha uwo Yehova yasutseho amavuta (6)

  • 25

    • Urupfu rwa Samweli (1)

    • Nabali yirukana abasirikare ba Dawidi (2-13)

    • Abigayili agaragaza ubwenge (14-35)

      • ‘Yehova arinda ubuzima akamera nk’ububitse mu mufuka’ (29)

    • Yehova yica Nabali wari ikigoryi (36-38)

    • Abigayili aba umugore wa Dawidi (39-44)

  • 26

    • Dawidi yongera kwanga kwica Sawuli (1-25)

      • Dawidi yubaha uwo Yehova yasutseho amavuta (11)

  • 27

    • Abafilisitiya baha Dawidi umujyi wa Sikulagi (1-12)

  • 28

    • Sawuli ajya kureba umushitsikazi wo muri Eni-dori (1-25)

  • 29

    • Abafilisitiya banga kwizera Dawidi (1-11)

  • 30

    • Abamaleki batera Sikulagi bakayitwika (1-6)

      • Dawidi yihangana abifashijwemo n’Imana (6)

    • Dawidi atsinda Abamaleki (7-31)

      • Dawidi agaruza abo Abamaleki bari batwaye (18, 19)

      • Dawidi ashyiraho itegeko rireba ibyo batse abanzi babo (23, 24)

  • 31

    • Urupfu rwa Sawuli n’abahungu be batatu (1-13)