Soma ibirimo

Ibyagufasha kwizera Imana

Ese kwizera Imana ni ngombwa?

Ese Imana ibaho?

Bibiliya itanga impamvu eshanu zemeza ko Imana ibaho.

Impamvu twizera ko Imana iriho

Ibintu bihambaye bigaragara mu byaremwe byafashije umuporofeseri kugera ku mwanzuro ukwiriye.

Uko wamenya Imana

Izina ry’Imana ni irihe?

Ese wari uzi ko Imana ifite izina bwite?

Ni iki cyagufasha kuba inshuti y’Imana?

Reba ibintu birindwi byagufasha kuba inshuti y’Imana.

Ibyaremwe bigaragaza ko Yehova adukunda—Umubiri w’umuntu

Ibyumviro dufite n’ubushobozi dufite bwo kwibuka bitwigisha amasomo y’ingenzi.

Icyo abahanuzi bavuze ku Mana

Abahanuzi batatu bakundaga Imana badufasha kumenya uko twabona imigisha y’Imana.

Ese dushobora gushakisha Imana tukayibona?

Ibintu tudashobora gusobanukirwa ku Mana bishobora gutuma tuyegera

Ese ushobora kubona Imana itaboneka?

Itoze kurebesha “amaso y’umutima wawe.”

Ukuri ku birebana n’Imana na Kristo

Imana na Kristo batandukaniye he?

Imico y’Imana ni iyihe?

Imico y’Imana y’ingenzi ni iyihe?

Ese Imana irakureba?

Ni iki kitwemeza ko Imana itwitaho?

Ese Imana yishyira mu mwanya wawe?

Bibiliya ivuga ko Imana itureba, ikatwumva kandi ikishyira mu mwanya wacu.

Akamaro ko kugira ukwizera

Impamvu dukeneye Imana

Reba ukuntu kugirana imishyikirano ya bugufi n’Imana bishobora gutuma tubaho neza.

Bibiliya ivuga iki ku kwizera?

Bibiliya igira iti ‘udafite ukwizera ntashobora gushimisha Imana.’ Ukwizera ni iki kandi se kuki ari ukw’ingenzi? Wakora iki ngo ukugire?

Ese idini ni nk’ikiyobyabwenge?

Bibiliya idutera inkunga yo gufungura amaso no gukoresha ubushishozi aho kwemera ibintu buhumyi, ahubwo tukagira ibihamya bifatika.

Ukuri ko muri Bibiliya kwatumye mbona ibisubizo by’ibibazo nibazaga

Mayli Gündel yaretse kwizera Imana igihe se yapfaga. None se yabonye ate ukwizera nyakuri n’amahoro yo mu mutima?

Nanze amadini

Tom yifuzaga kwemera Imana ariko amadini n’imigenzo yayo itagize icyo imaze bimutera urujijo. Kwiga Bibiliya byamufashije bite kugira ibyiringiro?

Ibintu bigerageza ukwizera

Icyadufasha kureka inzangano—Ikuremo urwango ubifashijwemo n’Imana

Umwuka wera ushobora kugufasha kurushaho kugira imico yagufasha kurwanya urwango.

Ese idini ryabaye uburyo bwo gushaka amafaranga?

Mu nsengero zimwe na zimwe, abenshi mu bayoboke ni abakene, ariko abayobozi bazo ni abakire cyane.

Ese twagombye kugira icyo tubaza Imana?

Twakura he ibisubuzo by’ibibazo by’ingenzi mu buzima? Ese twabaza Imana?

Kuki Imana ireka imibabaro ikabaho?

Abantu benshi bibabaza impamvu isi yuzuyemo imibabaro. Bibiliya itanga igisubizo k’icyo kibazo.

Kuki abantu bavuga ko Imana igira ubugome?

Abantu benshi bumva ko Imana igira ubugome cyangwa ko itatwitaho. Bibiliya ibivugaho iki?

Uko waba inshuti y'Imana

Ese wumva uri hafi y’Imana?

Abantu babarirwa muri za miriyoni bemera badashidikanya ko bafitanye ubucuti n’Imana.

Wakora iki ngo wegere Imana?

Menya niba Imana yumva amasengesho yose, uko twagombye gusenga n’icyo twakora kugira ngo twegere Imana.

Kuki incungu ari yo mpano y’agaciro kenshi Imana yatanze?

Ni ibihe bintu bigaragaza ko impano ifite agaciro? Gusuzuma ibyo bintu biradufasha guha agaciro incungu, ari yo mpano iruta izindi Imana yaduhaye.

Bibiliya ishobora kudufasha kumenya icyiza n’ikibi

Ni iki cyakwemeza ko Bibiliya irimo inama zizewe zagufasha kugira imico myiza?

Ese koko dushobora gushimisha Imana?

Igisubizo cy’icyo kibazo kiboneka mu nkuru zivuga ibya Yobu, Loti na Dawidi bakoze amakosa akomeye.

Wakora iki ngo uzabeho iteka?

Bibiliya idusezeranya ko ‘abakora ibyo Imana ishaka bazabaho iteka ryose.’ Reba ibintu bitatu Imana yifuza ko dukora.

Kumenya ko Imana ikwitaho bigufitiye akamaro

Ibyanditswe bituma twizera amasezerano y’Imana y’uko izakuraho ibibi byose.