Soma ibirimo

Incuti

Kubona incuti nyakuri bishobora kugorana, ariko gukomeza ubwo bucuti bishobora kugorana kurushaho. Ni iki cyagufasha kubona incuti nyakuri kandi ukayigumana?

Gushaka incuti no kuzigumana

Incuti nyakuri ni iyihe?

Biroroshye kubona incuti zikuryarya, ariko se wakora iki ngo ubone incuti nyakuri?

Nabona nte incuti nziza?

Ibintu bine byagufasha kuva ku bucuti busanzwe ukagira incuti magara.

Kuki nta ncuti ngira?

Si wowe wenyine wumva utagira incuti cyangwa wumva ufite irungu. Reba uko bagenzi bawe muri mu kigero kimwe babyitwayemo.

Uko wahangana n’irungu

Guhorana irungu bishobora kukugiraho ingaruka nk’izigera ku muntu unywa amasegereti 15 ku munsi. Uko wakwirinda irungu, ubwigunge n’imitekerereze yo kumva ko wahejwe

Icyakurinda irungu

Ese uhanganye n’ikibazo cy’irungu? Ifashishe uru rupapuro rw’imyitozo maze utahure impamvu ugira irungu, umenye n’icyo wakora kugira ngo uneshe ibyo byiyumvo.

Ni iki wakora niba ukunze kugira isoni?

Kugira isoni cyangwa gutinya abantu ntibikwiriye kukubuza kuganira n’inshuti.

Uko wabona incuti nyancuti

Menya icyafashije Dawidi na Yonatani kuba incuti magara.

Ese ni ngombwa ko nongera incuti zanjye?

Kugira incuti zimwe muhorana ushobora kumva ari byiza, ariko si ko buri gihe bigira akamaro. Kubera iki?

Ongera incuti zawe

Menya impamvu n’uko wagirana ubucuti n’abandi bantu mudasanganywe.

Ese ubu ni ubucuti gusa?—Igice cya 2: Ibyo nkora byerekana iki?

Ese incuti yawe ishobora gutekereza ko imishyikirano mufitanye atari ubucuti busanzwe? Reba inama zagufasha.

Kwishyiriraho imipaka

Menya uko wakwitwara ku bantu mudahuje igitsina.

Ingorane

Nakora iki mu gihe inshuti yange imbabaje?

Ugomba kumenya ko abantu batabura ibyo bapfa. Wakora iki mu gihe inshuti yawe ikoze ikintu kikakubabaza?

Narwanya nte ibishuko by’urungano?

Reba uburyo amahame yo muri Bibiliya yagufasha kugira icyo ugeraho.

Uko wakwirinda amoshya y’urungano

Amoshya y’urungano ashobora gutuma abantu beza bakora ibibi. Dore ibyo ukwiriye kuyamenyaho n’uko wayirinda

Kunanira amoshya y’urungano

Hari ibintu bine byagufasha kujya wifatira imyanzuro.

Nakora iki ngo abandi banyemere?

Ese kwemerwa n’abantu tutabona ibintu kimwe ni byo by’ingenzi, cyangwa ik’ingenzi ni ukuba uwo ndi we?

Ni gute nshobora kongera ubuhanga bwanjye bwo kuganira?

Inama eshatu zagufasha kugatangira kuganira n’abantu no gukomeza ikiganiro.

Kuki nkunda kuvuga ibintu bidakwiriye?

Ni izihe nama zagufasha kujya utekereza mbere yo kuvuga?

Nakosora nte amakosa yanjye?

Ushobora gusanga igisubizo kitagoye nk’uko wabitekerezaga.

Nakora iki mu gihe hari abagenda bamvuga?

Wakora iki ngo ukemure neza ikibazo cy’amazimwe?

Nakora iki ngo nirinde amazimwe?

Nutahura ko ibiganiro byanyu bitangiye kuzamo amazimwe, jya uhita ubihagarika!

Ese kugirana ubucuti budafite intego nta cyo bitwaye?

Mu by’ukuri ubucuti budafite intego ni iki? Kuki hari abantu bagirana ubucuti nk’ubwo? Bigira izihe ngaruka?

Ese ni ubucuti cyangwa ni agakungu?

Burya abantu babona ibintu mu buryo butandukanye, mesaje imwe abantu bashobora kuyumva mu buryo bubiri buhabanye. Wakora iki kugira ngo utohereza mesaje yakumvikana mu buryo butari bwo?

Ni iki namenya mu birebana no kohererezanya ubutumwa kuri telefoni?

Ubutumwa bushobora kugutanya n’incuti kandi bugatuma abantu bagufata uko utari. Isomere wumve impamvu.

Jya ugira ikinyabupfura mu gihe ukoresha telefoni

Ese guhagarika ikiganiro ugasoma ubutumwa bugufi ni bibi? Ese kwirengagiza ubwo butumwa ugakomeza ikiganiro hari icyo bitwaye?