Soma ibirimo

Reba urutonde rw'ibirimo

‘Jya urwana intambara nziza yo kwizera’

‘Jya urwana intambara nziza yo kwizera’

Vanaho:

  1. 1. Buri gihe ndahatana.

    Nshaka gukora ibyiza, Aah

    Nkabona nta cyo bitanga,

    Maze bikambabaza cyane.

    (IMBANZIRIZANYIKIRIZO)

    Gusa Yehova amba hafi.

    Anzi neza kandi anyitaho.

    Nsoma Ijambo rye,

    Nkumva asa n’umbwira ati:

     

    (INYIKIRIZO)

    Wowe wihangayika,

    Nzaguhoza amarira.

    Ni igihe gito gusa,

    Paradizo ikaza.

    Tegereza gato,

    Bizasohora.

    Ooh!

    Wihangayika.

  2. 2. Nyoborwa n’Ijambo ry’Imana.

    Ni ryo rimfasha iyo mbabaye.

    (IMBANZIRIZANYIKIRIZO)

    Yehova na we amba hafi.

    Anzi neza kandi anyitaho.

    Nsoma Ijambo rye,

    Nkumva asa n’umbwira ati:

    (INYIKIRIZO)

    Wowe wihangayika,

    Nzaguhoza amarira.

    Ni igihe gito gusa,

    Paradizo ikaza.

    Tegereza gato,

    Bizasohora.

    Ooh!

    Wihangayika.

    Ntugire ubwoba.

    Jya wituriza.

    (IKIRARO)

    Nta joro ridacya.

    Nturi wenyine.

    Nzakuba hafi.

    (INYIKIRIZO)

    Wowe wihangayika,

    Nzaguhoza amarira.

    Ni igihe gito gusa,

    Paradizo ikaza.

    Tegereza gato,

    Ntuhangayike.