Imishinga y’ubwubatsi

IMISHINGA Y’UBWUBATSI

Amafoto yo mu Bwongereza (Igice cya 9: Nzeri 2019 kugeza muri Gashyantare 2020)

Reba uko imirimo y’ubwubatsi yarangiye n’uko abagize umuryango wa Beteli batangiye gukorera muri ayo mazu.

IMISHINGA Y’UBWUBATSI

Amafoto yo mu Bwongereza (Igice cya 9: Nzeri 2019 kugeza muri Gashyantare 2020)

Reba uko imirimo y’ubwubatsi yarangiye n’uko abagize umuryango wa Beteli batangiye gukorera muri ayo mazu.

Amafoto yo mu Bwongereza (Igice cya 8: Werurwe kugeza muri Kanama 2019)

Imirimo ya nyuma yo ku mazu y’amacumbi, ibiro n’andi akorerwamo imirimo itandukanye iri hafi kurangira. Abatunganya ubusitani na bo bakomeje imirimo yabo.

Gukorana n’Abahamya ba Yehova

Dore uko gukorana n’Abahamya ba Yehova mu mishinga y’ubwubatsi biba bimeze.

Amafoto yo mu Bwongereza (Igice cya 7: Nzeri 2018—Gashyantare 2019)

Reba uko imirimo yo kubaka ibiro by’ishami by’Abahamya ba Yehova, i Chelmsford mu Bwongereza irimo igenda.

Amafoto yo mu Bwongereza (Igice cya 6: Werurwe—Kanama 2018)

Reba amafoto agaragaza aho ubwubatsi bw’ibiro by’ishami byo mu Bwongereza bugeze.

Amafoto yo mu Bwongereza (Igice cya 5: Nzeri 2017—Gashyantare 2018)

Ubu amazu y’amacumbi abiri amaze kwimukiramo abantu. Hazubakwa amazu y’amacumbi atandatu. Reba aho iyo mirimo y’ubwubatsi igeze.

Amafoto yo mu Bwongereza (Igice cya 4: Werurwe—Kanama 2017)

Imirimo yo kubaka ibiro by’ishami bishya mu Bwongereza irakomeje.

“Uruhare rw’abagore mu bwubatsi”

Imirimo bakora nawe wayikora!

Amafoto yo muri Filipine igice cya 2 (Kamena 2015 kugeza Kamena 2016)

Abahamya ba Yehova bo muri Filipine baherutse kurangiza imirimo yo kuvugurura amazu bakoreramo aherereye mu mugi wa Quezon. Reba uko imirimo yagenze.

Amafoto yo mu Bwongereza (Igice cya 3: Nzeri 2016—Gashyantare 2017)

Umushinga wo kubaka ibiro by’Abahamya ba Yehova byo mu Bwongereza ugeze kure.

Amafoto y’i Warwick (Igice cya 7: Nzeri 2016—Gashyantare 2017)

Ubu amazu yacu yose ari i Warwick arakoreshwa. Abantu basaga 250 bifatanyije mu mushinga wo gukora amamurika atatu, kuva atangiye kugeza arangiye.

Amafoto yo mu Bwongereza (Igice cya 2: Nzeri 2015—Kanama 2016

Abavolonteri b’Abahamya ba Yehova, batangiye gutunganya ikibanza nahahakikikije kugira ngo batangire gahunda yo kubaka.

Kurinda inyamaswa muri Chelmsford

Abahamya ba Yehova batangiye kubaka Ibiro byabo Bikuru muri Chelmsford. Ni iki bakora ngo barinde ubuzima bw’inyamaswa?

Amafoto y’i Wallkill (Igice cya 2: Ugushyingo 2014–Ugushyingo 2015)

Abahamya ba Yehova baguye inyubako zabo ziri i Wallkill muri Leta ya New York. Imirimo myinshi yakorewe kuri icyo kibanza yarangiye ku itariki ya 30 Ugushyingo 2015.

Amafoto y’i Warwick (Igice cya 6: Werurwe–Kanama 2016)

Imirimo yakozwe mu minsi ya nyuma yo kubaka icyicaro gishya cy’Abahamya ba Yehova kiri Warwick, muri leta ya New York.

Amabaruwa twandikiwe na ba nyir’amazu

Ba nyir’amazu bavuze iki nyuma yo gukodesha Abahamya ba Yehova?

Abandi baturanyi i Warwick

Abatuye i Warwick muri New York bagize icyo bavuga ku mushinga w’Abahamya wo kubaka icyicaro gikuru cyabo.

Amafoto y’i Warwick (Igice cya 5: Nzeri 2015—Gashyantare 2016)

Ibyakozwe imbere n’inyuma y’inzu y’ibiro ikorerwamo n’indi mirimo: gushyiraho amatara, amabati, amapave no gutunganya inzira z’abanyamaguru.

Gukorana n’Abahamya ba Yehova i Warwick

Hari abantu batari Abahamya bakoranye na bo mu mirimo yo kubaka. Ni iki abo bantu bavuze ku mikorere yabo?

Inzu z’Ubwami zikoreshwa n’Abahamya ba Yehova babarirwa muri za miriyoni

Kuva mu mwaka wa 1999, Abahamya bamaze kubaka Amazu y’Ubwami asaga 5.000 muri Megizike no mu bindi bihugu byo muri Amerika yo Hagati. Kuki abantu batari Abahamya batangazwa n’ayo mazu?

Amafoto yo mu Bwongereza (Igice cya 1 Mutarama—Kanama 2015)

Irebere aho imirimo yo kubaka ibiro by’ishami bishya byo mu Bwongereza biri hafi y’umugi wa Chelmsford mu ntara ya Essex igeze.

Amafoto y’i Warwick (Igice cya 4: Gicurasi—Kanama 2015)

Inkuta n’igisenge by’inzu y’amacumbi ya A byararangiye, ibiraro bihuza amazu bishyirwaho kandi imirimo yo gutunganya ubusitani yaratangiye.

Amafoto yo muri Filipine (Igice cya 1: Gashyantare 2014 kugeza Gicurasi 2015)

Abahamya ba Yehova barimo barubaka amazu mashya bakavugurura n’andi yari asanzwe ku biro by’ishami byo muri Filipine biri mu mugi wa Quezon.

Amafoto y’i Warwick (Igice cya 3: Mutarama – Mata 2015)

Muri Gashyantare hakoraga abakozi 2.500 buri munsi, naho buri cyumweru hakaza abakozi bashya bagera kuri 500. Irebere aho imirimo yo kubaka igeze.

Amafoto y’i Warwick (Igice cya 2: Nzeri – Ukuboza 2014)

Imirimo yo kubaka icyicaro gikuru cy’Abahamya ba Yehova irakomeje. Hari igihe ibyuma 13 bimuzamura ibikoresho, byose bikorera icyarimwe!

Amafoto y’i Wallkill (Igice cya 1: Nyakanga 2013-Ukwakira 2014)

Reba aho imirimo yo kwagura ibiro by’ishami by’Abahamya ba Yehova biri i Wallkill, muri leta ya New York, muri Amerika, igeze.

Nijeriya imaze kubaka Amazu y’Ubwami 3.000

Iteraniro ryihariye ryo kwizihiza ikintu kitazibagirana mu mateka y’ubwubatsi bw’Amazu y’Ubwami muri Nijeriya. Iryo teraniro ryibanze ku mateka y’umurimo w’Abahamya ba Yehova kuva mu myaka ya 1920.

Amafoto y’i Warwick (Igice cya 1: Gicurasi-Kanama 2014)

Reba aho imirimo yo kubaka igaraji, inzu y’ibiro ikorerwamo n’indi mirimo n’inzu y’amacumbi ya C na D igeze.

Inzu y’Amakoraniro nshya mu ishyamba rya Amazone

Hari Abahamya bakora urugendo rw’iminsi itatu mu bwato baje mu makoraniro abera muri iyo nzu.

Imipaka ntibuza Abahamya ba Yehova kubaka hirya no hino ku isi

Imipaka, imico n’indimi ntibibuza ubwoko bwa Yehova bwunze ubumwe kubaka Amazu y’Ubwami ndetse n’andi mazu yo guhesha Yehova ikuzo.

Aho kubaka Warwick bigeze #2

Abitangiye gukora imirimo baturuka hirya no hino ku isi baje kubaka ahazakorera icyicaro gikuru cy’Abahamya ba Yehova.

Bubaka Amazu y’Ubwami mu turere twitaruye

Irebere ukuntu amakipi atanu y’abubatsi yubatse Amazu y’Ubwami abiri mu minsi 28.

Kurinda inyamaswa n’ibidukikije i Warwick

Abahamya ba Yehova batangiye kubaka icyicaro cyabo gikuru mu gace kitaruye umugi ko muri Leta ya New York. Bakora iki kugira ngo barinde ibidukikije?

Kubaka icyicaro gikuru cy’Abahamya ba Yehova

Abahamya ba Yehova barimo kubaka icyicaro gishya i Warwick, muri leta ya New York. Bizeye ko Imana izabafasha muri uwo mushinga wihariye w’ubwubatsi.

Bujuje Amazu y’Ubwami igihumbi kandi bazakomeza

Abahamya ba Yehova bo muri Filipine bageze ku kintu kitazibagirana mu mateka muri gahunda yihariye yo kubaka Amazu y’Ubwami.

Imirimo y’ubwubatsi i Tuxedo

Abahamya ba Yehova bo muri Amerika n’ahandi baje gukora i Tuxedo, muri New York. Kubera iki?

Aho kubaka Warwick bigeze #1

Imirimo ikomeje gukorwa i Warwick, muri New York, ahazaba icyicaro gikuru cy’Abahamya ba Yehova. Irebere icyo bamwe mu Bahamya bitangiye kuhakora bavuga.

Icyo bashaka ni akazi si amafaranga

Abahamya ba Yehova bubatse amazu mu bihugu bigera ku 120, bakoresha ubuhanga bwabo n’igihe cyabo ku buntu. Menya iby’iyo gahunda yo kubaka yihariye.

Aho imirimo yo kwagura amazu y’i Wallkill igeze

Reba videwo igaragaza aho imirimo y’ubwubatsi igeze.

Imishinga ya Wallkill na Warwick irimo iragenda neza

Imishinga ibiri ikomeye y’ubwubatsi y’Abahamya ba Yehova muri Amerika iratera imbere, bitewe n’ubwitange bw’abubatsi baturutse hirya no hino mu gihugu.

Umuyobozi ushinzwe ibikorwa byo kwirinda impanuka yashimiye Abahamya ba Yehova

Abahamya ba Yehova bo muri Ositaraliya bashimiwe ukuntu birinda impanuka mu gihe bubaka.

Videwo: Gahunda yo kwimura icyicaro gikuru cy’Abahamya ba Yehova

Reba ahateganyijwe kwimurirwa icyicaro gikuru cyacu, mu majyaruguru ya New York.

Abahamya ba Yehova barashaka kwimura icyicaro cyabo

Ko icyicaro gikuru cy’Abahamya ba Yehova cyabaga i Brooklyn, New York kuva mu wa 1909, kuki bimukiye mu majyaruguru ya New York?